Rwanda X News

Rwanda X News Rwanda nziza

28/06/2026

IBARUWA Y'URUKUNDO
Rwanda FACEBOOK FRIENDS OG
SOMA AYA MAGAMBO MAZE WAKIRE URUKUNDO
NGUFITIYE...
Ndagukunda. Ndabizi uraza gutungurwa, ariko
uvuze byinshi kuri njye. Buri gihe ngerageza ku
gusanga ariko bisa nkaho utabibona.
Uko nkwitaho cyane, niko unyereka ko ufite undi
utekereza utari njye.
Umutima urandya, iyo nguhamagaye ntunyitabe.
Nagerageje kuguha ubuzima bwanjye ariko ntabyo
wahaye agaciro.
Mbabarira wemere ngukunde. Ninjye # YESU.
Buri munsi ufungura Ubutumwa bw'inshuti zawe
ariko se ni kangahe ufungura bibiliya ngo usome
Ubutumwa bw'Imana?
Izina ryanjye ni # YESU
Ndagukunda kandi nzahora
ngukunda.
Mbana nawe iminsi yose. None ndifuza ko nawe
wamarana nanjye iminota itatu gusa uyu munsi.
Uyu munsi ndifuza ko ubu butumwa bugera kure.
Kandi ni wowe uri bubikore ukora "SHARE" maze
ube usakaje ubutumwa bwiza....IMANA IRAGUHA
UMUGISHA.
Ntujyende utanditse "AMEN" & "SHARE

24/01/2026

Llllllllpllpplllpllllllllllll "Igihe [bicaga abayoboke ba Kristo], Abayahudi bari babambishije Umwana w’Imana ubwa kabiri. Kandi ni ko bizongera kugenda. Abategetsi bazashyiraho amategeko abuza abantu ubwisanzure bwo gusenga Imana. Baziha ububasha bufitwe n’Imana yonyine. Bazibwira ko bafite ubushobozi bwo gukoresha agahato ku mutima nama w’umuntu, kandi Imana yonyine ari yo iwugenga. N’ubu barabitangiye; kandi ibyo bazakomeza kubikora kugeza ubwo bazagera ku rubibi badashobora kurenga. Imana izatabara abantu bayo bayiringira kandi bagakomeza amategeko yayo." Uwifuzwa Ibihe Byose, p.495

Address

Kigali

Telephone

+250791266870

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Rwanda X News posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Shortcuts

Share

Category